Le Président de la République Paul Kagame a reçu ce mercredi 3 mars le Chef d’Etat-major de l’armée qatarie, le Lieutenant Général Salem Al Nabit qui est en visite de 3 jours au Rwanda. L’officier ...
Urubyiruko rwo mu Karere ka Gatsibo rwagaragaje ko kumenya amateka y’Urugamba rwo Kubohora Igihugu ari isomo rikomeye ryo gushingiraho ku bimaze kugerwaho rukagira uruhare mu bikorwa bigiteza imbere ...
Urayeneza Consolée wigisha mu mwaka wa Kane w’amashuri abanza mu Rwunge rw’Amashuri rwa Kacyiru ya Kabiri, yavuze ko mu myaka irenga 20 amaze ari umwarimu yabonye n’amaso ye uko iterambere rya mwarimu ...
Ashingiye ku biteganywa n’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda mu ngingo yaryo ya 116, none ku itariki ya 23 Nyakanga 2025, Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yashyizeho Minisitiri w’Intebe, Dr ...
Umuhanzi w'icyamamare muri Afurika y'Iburasirazuba, Joseph Mayanja wamamaye nka Dr Jose Chameleone, yageze mu Rwanda aho aje gutaramira abakunzi b’umuziki we n’Abanyarwanda muri rusange. Ni mu ...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Brig Gen Ronald Rwivanga, yifatanyije n’abanyeshuri, abarimu, abayobozi n’ababyeyi bo muri Lycée Notre Dame de Cîteaux, mu gikorwa cyo ...
Umuyobozi w’Akarere ka Kayonza, Nyemazi John Bosco, yavuze ko kwibuka abana n’abagore bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi bitanga isomo ry’uko ibyabaye bikwiye kwamaganwa cyane kugira ngo ...
Umugaba w'Ingabo z'u Rwanda zirwanira ku Butaka, Maj Gen Vincent Nyakarundi, yitabiriye Inama ihuza abayobozi bakuru mu ngabo zirwanira ku butaka muri Afurika irimo kubera i Accra muri Ghana. African ...
Perezida Paul Kagame yavuze ko ibyo u Rwanda rwanyuzemo mu myaka 31 ishize ari ikimenyetso cy’uko Abanyarwanda badashobora gufata kubaho nk’impuhwe, ashimangira ko aho gutegereza kwicwa abantu ...
Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 7 Mata 2025, Isi yose yifatanyije n’Abanyarwanda mu gutangiza Icyumweru cy’Icyunamo n’iminsi 100 yo Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Igikorwa ...
Madamu Jeannette Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga itegura ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi, abitabiriye iyi nama bakaba bahurije ku kuba ibikorwa byo kwibuka bigomba ...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, ni bwo inkuru y’incamugongo yasakaye hose ko Mukuralinda Alain wari Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, yitabye Imana azize uburwayi bwo guhagarara ...